INKOVU 2

inbound3653416716562839242-2ed03a65

INKOVU
CHAP2
.
“”dear naftar,
umbabarire uburyo nakwitwayeho.na
magambo navuze.papa yari yarambwiyeko
utankunda,ndetse kuko muri abakene ushaka
kuzigarurira ibyacu unkoresheje,numva
ndakwanze.ariko umusi wemeye gushira ubuzima
bwawe mukaga kubera njye,nemeye ko
unkunda.nubwo bitajyishobotse kuko ntaho
tuzonjyera guhurira,basi uzivuze icyogikomeze
natumye ujyira kdi cyitakoroheye.bye njye nawe, ntaho
tuzongera guhurira kuko ngiye ikigal kwa aunt.”””
.
naftar yarababaye cyane,ariko ntakindi yari kubikoraho nyine.
.

MUMASAHA YIJORO.
dube ari kwa aunt igikondo,yicaye kuburiri.
Aunt:dube m niece,ko utaryama?ntabwo hano
wahishimiye?cyangwa nuko turaranye?
dube:oya aunt ntakibazo.
aunt:oooh!!ndabizi watinye aunt wawe kuko
warumenyereye kurara wenyine.humure ejo uzjya
kurara mucyumba cyawe.
dube:eh ntakibazo nabyo.ko nabimenyereye se.
(dube yisetswa)
dube na aunt bararyama.
aunt:dube ufite ikihe kibazo?kdi ntumpishe ndi
aunt wawe.
dube:aunt nkubaze?
aunt:mbaza ntakibazo dube.kdi ujye ufata nka
mama wawe kuko nzakubera aho atari.
dube:urakoze aunt,um..mama.
bose baraseka bishimye.
aunt:ngaho mbaza mukobwa wanjye.
dube:ese..umwana wimyaka7 ashobora gukunda
byanyabyo?
aunt:eh..um.birashoboka.gusa biba birimo
ubwana nyine,kandi bitanakomeye cyane arik
bibaho.
dube:none aunt,wamwana ntashobora kubikurana
bigakomera?
aunt:dube mukobwa wanjye,simbizi ariko
ntekereza ko niyo byashoboka ari gakecyane.
dube.eh.nikobimeze!!
aunt:cyane.none se dube,kucyi umbajije ibibibazo?
dube:kuko ngomba kugufata nka
mama,niyompamvu mbikubajije.mama ntawe
nijyeze mbona ngo mbimubaze,ntanundi narifite
wo kubibaza.papa iyombimubaza yariguhita
anyica noneho we.urumva se nari kubibaza
indewundi?
Aunt:ndabyu mwana wanjye.koko
ninjye warufite wo kubaza.arko se,ndibaza…ese
nawe…
Dube:oya aunt.ntabwo ndibukubwire. ese aunt
mbikubwikubwiye ntiwandakarira cyangwa ukazabibwira papa?
Aunt:dube sinabikora,uri umwana wanjye ngo
nkufashe mujyihe ufite ikibazo no mubuzima
bwose.ntabwo rero nakurakarira cyangwa ngo mbwire
papa wawe,ahubwo nagufasha.ngaho mbwira
dube.
Dube:ese koko nizereko utazabivuga?
Aunt gaela afata ibiganza bya dube amureba
mumaso ati;mwana wanjye,nyizera.

hashira akanya barebana,dube asa
nubitekerezaho.

Aunt:ok,dube ndabizi biragorana cyane cyane
kumwana nkawe,uba wumva ari ibitabaho.niba
bikugoye,reka uzabimbwire wumva bikurimo
ntakibazo.
Aunt ajyiye kurekura dube ngo aryame,dube ahita
amufata aramukomeza.

Aunt:turyame.dore bwije.
Dube:aunt ndakwizera. ndashaka kukubwira kdi uri
mama wanjye.

Aunt Gael yitejyereza dube,dube afite agahinda
mumaso.aunt ahobera dube cyane,ati:mwana
wanjye,urakoze.
….

Muriryojoro rimwe,naftar nawe ari iwabo,muburiri
yabuze ibitotsi arabyuka acana agatadowa(agatara ka petelori bakora mugacupa kavamo salisa as example),aronjyera asoma ya lettre ya dube,ararira. Mukurira papa we na mama we barabyuka,baza
kumureba,ahita yihanagura vuba navuba,arijijisha.hagataho,papa wa naftar ntamaguru
ajyira,ndetse arwaye cancel yo mumagufa.

Papa:naftar urabona utajyiye gupfubusa koko?
umusore witora akiriza urumva uzamaririki
umuryango ko ubona njye ndi umupfu ntacyo
nkimaze(papa naftar atonganya naftar nagahinda
kenshi nawe yenda kurira)
mama naf:oya papa nafta,rekeraho.urabona naftar
ari umwana wo kwiriza?buriya afite ikimubabaje
nawe mumutura agahinda kawe.
naftar kwifata biranga,aronjyera ararira ahita ahaguruka arasohoka.
mama naftar asubiza papa naf kuryama.
mama:reka ndebe naftar menye ikibazo afite.
mama naftal,arosohoka asanga naftar
hanze,barahagararana atangira kumuhoza
amugumya gake gake.
….

dube nawe ati; tekerereza aunt we,impamvu
yamubajije biriya bibazo,amubwira uko byagenze.
Dube:hari mumwaka 1988,niga muwa3
wamashuri abanza.
.
.
MBEREHO IMYAK3
mwishuri ririmo abana,mwarimu arikujyenda
yicaza abanyeshuri.
“mwarimu:amazina ane ane mujyenda mwicarana.
-shukuru,elina,eliazal na simon
-karisa,nafutar,dube….
dube:ikibazo mwari,njye ntabwo nakwicarana na
naftar.uyu ni umukozi wo murugo iwacu none
ngo nicarane nawe kuntebe?ikindi kdi ni
umuswa.gute yigana natwe bimyaka7 kdi we
afite10,yakabaye yiga6 iyo aba umuhanga!””
.

dube:icyojyihe amagambo navuze yababaje
naftar ahita asohoka mwishuri arira,mwarimu
araducecekesha,aranjyije aramukurikira,aramwinginga agaruka mwishuri,gusa
ntiyatwicazanya amushyira kure yanjye.
naftar nakundaga kumubwira amagambo mabi
cyane,ariko we ntiyajyaga avuga wenda ngo anansubize ahubwo yaracecekaga, cyangwa akarira gusa.
.

“”kwishuri,basohotse hanze bakina.dube
yakundaga kwikinira nabahungu umupira
wamaguru.barimo gukina,mujyenziwe aramutega
yikubita hasi baramuseka.
dube:we muzi uwondiwe njyewe?am metal(ndi
icyuma) sinjya mbabara.
dube yejyera wamwana umuteze aramuhondagura, umwana atangira kuva amaraso mumazuru.

dube:mwambonye?ntimukankinishe rero.
.
bucyeye bwaho
kukagoroba dube nabandi banyeshuri bava ku
ishuri,haza agakunde kabana harimo numwe dube
yakubise,baramuhondagura abura
ububyuka.nkakokanya naftar aba arahajyeze
arabakubita bose bariruka,ahagurutsa
dube,guhaguruka biranga.
.
naftar: ngaho njyamumugongo nkuheke.
dube ajya mumugongo wa naftar
barataha. barimunzira bajyenda
dube:naftar,ese umpetse kubera ko ujya
uzakuvomera murugo amazi bakaguhemba?
naftar:oya.
dube:none se umpetse kujyirango nitujyera
murugo papa aguhe amafaranga?
naftar:oya.
dube:nonese umpetse kukojya nkubwira nabi ngo
sinzonjyere?
naftar:oya.
dube:um!!!nukuberiki se umpetse?
naftar:nuko………..KOMEZA3

Related articles

Subscribe
Notify of
2 Comments
Most Voted
Newest Oldest
Inline Feedbacks
View all comments

thanks thanks thanks

0
    0
    Komeza
    ntacyo