
Perezida Paul Kagame yahagaritse mu mirimo, Bamporiki Edouard wari umunyamabanga wa Leta muri Minister y’urubyiruko kubera ibyo agomba kubazwa.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yahagaritse Hon Bamporiki Edouard ku mwanya w’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, kubera ibyo akurikiranyweho agomba kubazwa. Bikubiye mu itangazo ryashyizwe hanze n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 05 Gicurasi 2022.Iri tangazo ryashyizweho umukono na Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente mu izina rya […]