CRISTIANO RONALDO YONGEYE GUKORA AMATEKA MURI RUHAGO

Cristiano Ronaldo umukinnyi ukomoka muri Portugal akaba yaramyenyekanye mu makipe yo ku mugabane w’iBurayi harimo nka Real Madrid, Manchester United,Juventus,nayandi akomeje kwandika amateka muri ruhago. Tariki 16/04/2022 muri ino weekend tuvuyemo nibwo uyu mugabo yuzuzaga ibyo bita mu ndimi z’amahanga (hat-trick) hamwe umukinnyi atsinda ibitego bitatu mu mukino umwe . Muri weekend uyu mugabo nibwo yuzuzaga hat-trick 60 kuva yatangira gukina ruhago nku wabigize umwuga ubwo ikipe ye Manchester United yakinaga na Norwich City maze bigafasha ikipe ye gutsinda ibitego 3-2.

Cristiano Ronaldo

Izo hat-tric zose uyu mugabo wigihangange muri ruhago yagiye azitsindira mu makipe atandukanye
harimo : -ikipe y’igihugu cye Portugal yayitsindiye hat-trc 10

  • Real Madrid yayitsindiye hat- tric 50
  • Manchester united yayitsindiye hat-tric 3
  • Juventus yayitsindiye hat-tric 3 Zose hamwe zikaba hat-tric 60 amaze kuzuza nku mukinnyi wabigize umwuga.

Icyo usabwa nugukanda like ugatera comment ukora na share maze bikajyera kubakunzi be bose maze tugafatanya kwishimira amateka akomeje gukora hamwe na

Kinastory

Subscribe
Notify of
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments