INKOVU
.
CHAP 5
.
(Isimbi)Dube:omar!!
Omar(strong):dube!!
nibyishimo bahita bahoberana biratinda.akoka
nya amahoni atangira kuvuzwa
Dube:omar am sorry.ndikwihunda njyiye
murugo,tuzahure mardi ngarutse.
Strong:yeah.nzaba nkutejyereje.
murikenya,turabona urugo hari umumama wiza,munini afite umwana
bigaragarako afite nagahinda
y:honey tebutsa.reba umwana wacu anguye
mumaboko.
x:honey tuza.bless ni umujyisha kuritwese
ntakintu agomba kuba.ok reka tujyende
kurebaneza munzu barimo harimo ni sam(p.dube
na janete)wow mbega urugo rwiza.nubwo
barwaje umwana arko baracyeye.
….
muri universte,dube arimo ariruka ,omar nawe nuko bose barahura
barahoberana.hashira akanya bisanaho babuze
icyobavuga
dube:omar ntakanya dufite.reka tuze kuganira
nyuma.
Omar ataranasubiza dube aba yajyiye omar
asigara amureba yisetsa,adahumbya mbese
yatwawe.um!mbega!!!
kumeza barigufata amasamuro,dube
arikumwe na mushutiwe alicia
Alicia:isi ngaho mbwira rero yankuru wambwiye
ufitiye?
Dube:alic……..,dube abanza kwikorozwa.
Alicia:um!!iyinkuru ra!!
Dube:umva se. uribuka umuntu nijyeze kukubwira
njya nkumbura?
Alicia:naftar se?
Dube asuhuza umutima,bigaragara ko ahise acika intejye kandi ajyiye mubitekerezo byinshi.
Alicia; OMG dube I am sorry.niwowe utansobanuriye. Uravuga Omar se basi?
Uko Alicia avuga Omar,amar aba atungutse inyuma ya dube,araza ahagarara hejuru ya Dube na Alicia…
Omar; hello baby…murampamagaye?
Alicia areba Omar adakurayo amaso, dube nawe arahindukira areba uwariwe abonye ari Omar ahita yikanga Omar nawe
arikanga.
ntibyatinze dube na omar baje kuganira.birasa nkaho buri umwe yabuze aho
ahera,barisetsa burikanya
Omar:wara mubonye?
Dube kumva ikikibazo ahita yikanga areba Omar cyane ahita atangira
kwibuka
“”MBERE YIMYAKA16″”
Nimuri cyagihe Dube yari amaze kuza ikigali kwa aunt Gaele,umunsi umwe arimo ajya kw’ishuri agenda yiruka,imvura imunyajyira.arimo
yiruka udushumi twinketo turafunguka,ara
dukandajyira aragwa. mukubyuka hari umwana
wumuhungu wahageze afite umutaka
aramwegura,amuhereza wamutaka ahita
amufungira inkweto neza(flower style)niko
yamufungiye.
Dube:urakoze Omar
Omar:ntabwo ukomeretse?
Dube:oya.uzi irindi zina ryanjye Omar?nitwa
Metal.
Bose baraseka
Omar:kuberiki?
Dube:kuko nkomeye nkicyuma.
Omar na dube bageze kwishuri baricarana, ntamwijyisha wari urimo bakomeza kuganira.
Omar:njyankunda kubona umeze nkuwigunze
ubabaye.nukuberiki?
Dube ahita amuhereza letre imwe muri zazindi
ajya yandi irimo story ye yose yo mucyaro.
Omar arangije gusoma:uyu naftar se ninde?
Dube:twarakundanaga.aunt yambwiye ko
nzamwibajyirwa ariko numva ntazabishobora narimwe. ahubwo nimara gukura nzamushaka.””
Dube amaze kwibuka,areba Omar
Dube:oya.ntabwo ndamubona.
Omar:byajyenze gute?waramushatse se?
Dube:yego.ubwo najyaga mucyaro
kumureba, nahasanze abavandimwe(ba david,jado bernigne
mbese bamwe bakuranye),gusa bambwiyeko
batamenye uburyo yajyiye we na mama
we,nyuma yuko papa we yaramaze gupfa.(dube
amarira atanjyira gushoka kumatama)
omar aramwejyera, aramuhanagura
omar:unyihanganire dube.ahari sinarinkwiye
kukubaza ibi.
Dube:oya omar ntakibazo(dube ajyerageza kwi
calm) ese Omar,wowe ubaye utabimbajije nine wundi wabimbaza? Urabizi ko ariwowe nshuti yanjye,ntakibazo kubimbaza ahubwo urakoze kubimbaza.
.
Alicia,yicaye ahantu
muri nature arimo ararira.gusa ni ahantu hihishe.
Alicia:mukuri sinigeze menya ko strong yaba
Omar wa dube.Mana kuki wemeye ko nakunda
strong koko………..
Alicia akirimo kurira hari abaciyeho ahita aceceka
yikanda munda,abaje kumureba ni omar na
dube,babona ni alicia
Dube:muvandi byakujyendekeye gute?wafashwe
ryari?kuki utatumye menya ko utameze neza?
dube na omar bihuse bahita bamujyeza
kwamuganga.
MUMASAHA YIJORO KWAMUGANGA
Dube na omar bicaye imbere ya alicia bafatanye
ibiganza barebana mumaso bamwenyura.
Omar:dube………
Dube:umm……..amwenyura neza
Omar:reka tuzonjyere tubonane ejo
Dube:yeah.
Omar yitejyereza dube,birasa nkaho kujyenda
byanze,azamura ikiganza cye amusoma
kukiganza,aramurekura,yejyera na alicia amufata
mucyiganza. ati:Alicia ukire vuba.”arangije
arajyenda.
Dube asigara akora kuri cyacyiganza aho omar
amusomye,ariko ntiyabitindaho ahita yejyera
Alicia amufata mucyiganza ati:nshuti yanjye
ndabizi ejo uzaba wamerewe neza.Imana
igukomeze. Dube ahita asinzira yicaye
iruhande rwa alicia.
Alicia ahita abyuka,atangira kwibuka ibyo dube na
omar barimo mukanya kashize,mbese Alicia
byose yabirebaga.
Alicia:isimbi uri ishuti yanjye.sinzi icyo njyiye
gukora kubwurukundo nkunda strong Mana mba
hafi.
Mugitondo,Alicia yakize,dube na omar
bigaragarako binjiriye ishyama ryinzitane ryuzuye
urukundo mbega ukuntu aribyiza. alicia nubwo
akunda omar ariko arasa nkuwanesheje imbaraga
yurukundo imurimo kuko yabashije kwi controling
kandi abanye neza na dube
.
Muri kenya,ibyishimo nibyose
murugo,bless aratera intambwe asanga papa
sam,mukuyitera ahita akubita akabuno hasi
(murabizi iyo umwana yiga kujyenda imikasiro
akicazo kabona)mama na papa baraseka
bishimye baraseka.
Papa:wow my son try ance again.please
Mama:wow bless wacu amaze kuba umusore!
Papa:oya njye ndumva yakura vuba ndashaka ko
tuzaza dutemberana mufashe akaboko nawe
ufashe akandi.urabyumva gute honey?
Janet:wow!so wonderful.ariko honey,bless namara
kumenya kujyenda tuzajye i rwanda gusura,no
kureba dube.
sam:uvuze neza mugore mwiza.nanjye
nabitekerezaga.
….
Dube ari muri sport na alicia.bari kwiruka mumuhanda.uko bagenda hari ukuriranye na dube, dube kureba neza
abona ni……………………. IRAKOMEZA6.
M