Amategeko y'umuhanda January 28, 2024 0 28. Isuzuma riteguye nk’ikizamini cy’uruhushya rw’agateganyo rwa Polisi. by Kinastory IKIZAMINI 1 / 20Ibinyabiziga bikurikira bigomba kugiraicyerekana umuvuduko kiri aho umuyobozi arebaneza kandi kigahora kitabwaho kugirango kigumegukora neza: a) ibinyabiziga bifite umuvuduko nibura wa km 60 mu isaha b) ibinyabiziga bishobora kurenza km 40 mu isaha c) ibinyabiziga bishobora kurenza km 30 mu isaha d) ibinyabiziga bishobora kurenza km 25 mu isaha 2 / 20Ibinyabiziga bihinga n’ibindi bikoreshobyihariye bikoreshwa n’ibigo bipatana imirimo,iyo bigenda mu nzira nyabagendwa igihe cyanijoro cyangwa bitewe n’uko ibihe bimezebitagishoboka kubona neza muri m 200 bishoborakugaragazwa inyuma n’amatara 2 atukura, bipfakuba bitarenza ibipimo bikurikira: a) kutarenza umuvuduko wa km20 mu isaha b) uburebure bwabyo habariwemo ibyo bitwaye bukaba butarengeje m6 c) uburebure ntarengwa ntiburenga m8 d) A na B nibyo bisubizo by’ukuri 3 / 20Itara ndanganyuma rigomba gushyirwa ahahakurikira: a) ahagereye inguni y’ibumoso y’ikinyabiziga b) ahagereye inguni y’iburyo bw’ikinyabiziga c) inyuma kandi y’impera y’ibumoso bw’ikinyabiziga d)nta gisubizo cy’ukuri kirimo 4 / 20Ahatari mu nsisiro ibyapa biburira n’ibyapabyo gutambuka mbere bigomba gushyirwa muntera ikurikira y’ahantu habyerekana: a) metero 150 kugeza kuri 200 b) metero 100 kugeza kuri 150 c) metero 50 kugeza kuri 100 d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo 5 / 20Ibinyabiziga bigendeshwa na moteri, hatarimovelomoteri n’ibinyabiziga bidapakiye umuvudukowabyo udashobora kurenga km 50 mu isahaahateganye bigomba kuba bifite ibikoreshoby’ihoni byumvikanira mu ntera ikurikira: a) metero 200 b) metero 150 c) metero 100 d) metero 50 6 / 20Amahoni y’ibinyabiziga bigendeshwa namoteri agomba kohereza ijwi ry’injyana imwerikomeza kandi ridacengera amatwi arikoibinyabiziga bikurikira bishobora kugira ihoniridasanzwe ridahuye n’ibivuzwe haruguru: a) ibinyabiziga ndakumirwa b) ibinyabiziga bikora ku mihanda c) ibinyabiziga bifite ubugari burenze m 2.10 d) A na B ni ibisubizo by’ukuri 7 / 20Nk’umuyobozi w’ikinyabiziga, n’iyihe myitwarire wagira? a) Umuyobozi w’ikinyabiziga agomba gukomeza b) Umuyobozi w’ikinyabiziga agomba kuguma mu ruhande rw’iburyo kugira ngo ahe inzira umumotari c) Umuyobozi w’ikinyabiziga agomba gutegereza d) Umuyobozi w’ikinyabiziga agomba gutanga inzira ayiha umu motari 8 / 20Iki cyapa gisobanura Iki? a) Iherezo Ry’umuhanda Wi Byerekezo Bibiri b) Iteme rinini Kandi rirerire c) Ifungana Ry’umuhanda d) Iherezo ry’iteme rifunganye 9 / 20Iki cyapa gisobanura iki? a) Inzira y’abanyeshuri b) Abanyamaguru ntibemerewe c) Agace k’abanyamaguru nta kinyabiziga d) Hegereye aho abanyamaguru bambukira 10 / 20Ijambo “akayira” bivuga inzira nyabagendwaifunganye yagenewe gusa: a) Abanyamaguru b) Ibinyabiziga bigendera ku biziga bibiri c) A na B ni ibisubizo by’ukuri d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo 11 / 20Ahantu ho kugendera mu muhanda herekanwan’ibimenyetso bimurika ibinyabiziga ntibishoborakuhagenda : a) Biteganye b) Ku murongo umwe c) A na B nibyo d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo 12 / 20Uburebure bw’ibinyabiziga bikurikirantibugomba kurenga metero 11 : a) Ibifite umutambiko umwe uhuza imipira b) Ibifite imitambiko ibiri ikurikiranye mu bugari bwayo c) Makuzungu d)Nta gisubizo cy’ukuri 13 / 20Uburebure bw’ibinyabiziga bikurikirantibugomba kurenga metero 11 : a) Ibifite umutambiko umwe uhuza imipira b) Ibifite imitambiko ibiri ikurikiranye mu bugari bwayo c) Makuzungu d)Nta gisubizo cy’ukuri 14 / 20Ikinyabiziga kibujijwe guhagarara akanyakanini aha hakurikira : a) Ahatarengeje metero 1 imbere cyangwa inyuma y’ikinyabiziga gihagaze akanya gato cyangwa kanini : b) Ahantu hari ibimenyetso bibuza byabugenewe c) Aho abanyamaguru banyura mu muhanda ngo bakikire inkomyi d) Ibisubizo byose nibyo 15 / 20Umuyobozi ugenda mu muhanda igihe ubugaribwawo budatuma anyuranaho nta nkomyiashobora kunyura mu kayira k’abanyamaguruariko amaze kureba ibi bikurikira: a) Umuvuduko w’abanyamaguru b) Ubugari bw’umuhanda c) Umubare w’abanyamaguru d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo 16 / 20Ibinyabiziga bikurikira bigomba gukorerwaisuzumwa rimwe mu mezi 6: a) Ibinyabiziga bitwara abagenzi muri rusange b) Ibinyabiziga bigenewe gutwara ibintu birengeje toni 3.5 c) Ibinyabiziga bigenewe kwigisha gutwara d) Ibisubizo byose ni ukuri 17 / 20Iyo itara ry’umuhondo rimyatsa rikoreshejwemu masangano y’amayira ahwanyije agacirorishyirwa ahagana he: a) Kuri buri nzira b) Hagati y’amasangano c) Iburyo bw’amasangano d) a na b ni ibisubizo by’ ukuri 18 / 20Ni iyihe feri ituma imodoka igenda buhorokandi igahagarara ku buryo bwizewe bubangutsekandi nyabwo, uko imodoka yaba yikoreye koseyaba igeze ahacuramye cyangwa ahaterera: a) Feri y’urugendo b) Feri yo gutabara c) Feri yo guhagarara umwanya munini d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo 19 / 20Iyo nta mategeko awugabanya by’umwihariko,umuvuduko ntarengwa ku modoka zikoreshwank’amavatiri y’ifasi cyangwa amatagisi zifiteuburemere bwemewe butarenga kilogarama 3500ni: a) Km 60 mu isaha b) Km 40 mu isaha c) Km 75 mu isaha d) Km20 mu isaha 20 / 20Iyo amatara y’ikinyabiziga agomba gucanwakandi igihe imizigo isumba impera y’ikinyabizigaho metero irenga igice gihera cy’imizigokigaragazwa ku buryo bukurikira: a) itara ritukura cyangwa akagarurarumuri ku mutuku ku manywa b) agatambaro gatukura gafite nibura cm 50 z’uruhande mu ijoro c) itara ry’umuhondo cyangwa akagarurarumuri k’umuhondo d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo Your score is 0% Restart quiz
Amategeko y'umuhanda January 26, 2024 0 24.Isuzuma riteguye nk’ikizamini cy’uruhushya rw’agateganyo rwa Polisi. by Kinastory
Amategeko y'umuhanda March 25, 2023 0 5.Isuzuma riteguye nk’ikizamini cy’uruhushya rw’agateganyo rwa Polisi. by Kinastory