Prince Kid amajwi Yuko yaka ruswa yigitsina aba Miss bo mu Rwanda Muheto, Liliane, Mogun, Elisa

ISHIMWE DIEUDONEE UZWI NKA PRINCE KID UMAZE IGIHE AFUNZWE KUBERA RUSWA YIGITSINA AKEKWAHO UBU HASOHOTSE AMAJWI YAFASHWE NA MUHETO PRINCE KID AMWAKA IBYISHIMO

Dieudonné Ishimwe, umuyobozi mukuru wa Rwanda Inspiration Backup itegura Miss Rwanda, nyuma yogufugwa akekwaho kwaka ruswa y’igitsina ubu hasohotse amajwi ya Prince Kid y’umvikanisha uko yagiye yaka ruswa yigitsina aba miss bagiye batandukanye.

Dieudonné Ishimwe, umuyobozi mukuru wa Rwanda Inspiration Backup utegura amarushanwa y’ubwiza bwa Miss Rwanda, yatawe muri yombi azira gusambanya abahatanira ikamba rya miss Rwanda mu bihe bitandukanye. Umuvugizi w’ibiro bishinzwe iperereza mu Rwanda, Thierry Murangira, yemeje ko Ishimwe uzwi cyane ku izina rya Prince Kid, afungiye kuri sitasiyo ya Remera RIB mu gihe iperereza rigikomeje.

Ati: “Nibyo, RIB yataye muri yombi umugabo uzwi ku izina rya Dieudonne Ishimwe akekwaho gusambanya abahatanira Miss Rwanda. Kuri ubu afungiye kuri sitasiyo ya RIB Remera mu gihe iperereza rigikomeje. Idosiye ye izashyikirizwa ubushinjacyaha igihe iperereza rizaba rirangiye ”, Murangira.

Prince Kid yatangiye gutegura Miss Rwanda mu 2014 abinyujije muri Rwanda Inspiration Backup ye,

Ubu amajwi ya Prince Kid ari kumbuga nkoranya mbaga asaba Muheto ko baryamana, nkuko hari na andi mazwi avuga uko yagiye yaka ibyishimo aba Miss batandukanye aho byumviganako prince kid agenda asaba muheto ko yamuha ibyishimo nkuko yamufashije kubona ikamba rya 2022,

iki kiganiro ntabwo humvikanamo Miss Muheto gusa ahubwo harimo aba Miss bagiye batandukanye harimo Miss Mogani, Elisa, Lilian ibi bigaragaza ko atari ibintu bitangiye aka kanya

Related articles

Subscribe
Notify of
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments