• INKOVU

    INKOVU . CHAP4 . Naftar:mama ikibazo fite ni uko dube narinsigaye mukunda,kandi kumwikuramo byananiye. Mama:mwana wanjye ibitaribyawe uharira banyirabyo.niba dube atari uwawe uzabona undi dore uracyari na mutoya nubundi nturajyera ijyihe cyo gukundana neza.ntamwana wimyaka13 nkawe wajyiye mubyo gukundana. .... Aunt:mwana wanjye dube,ndabyumva birikukubabaza kuko wamukomerekeje, ariko jyerajye umwikuremo biraza gushira. Dube:aunt ntabwo nabishobora.naftar ndamukunda. Aunt:dube...

    Read More
  • INKOVU 3

    Dube:um!!!nukuberiki se umpetse? Naftar:nuko warumeze nabi kdi ntagusiga munzira.""" . Dube:uwomunsi numvise nkunze Naftar mbona ko ari umwana mwiza,ujyiraneza ntacyo ashingiyeho.ubundi narinziko ari umwana ukora ikintu cyose kujyirango abone amafaranga. kuva ubwo nahise musezeranyako ntazonjyera kumubwira nabi. """Naftar ajyejeje dube kwirembo iwabo. Dube:Naftar shira hasi sinshaka ko bamenya...

    Read More
  • INKOVU 2

    INKOVU CHAP2 . ""dear naftar, umbabarire uburyo nakwitwayeho.na magambo navuze.papa yari yarambwiyeko utankunda,ndetse kuko muri abakene ushaka kuzigarurira ibyacu unkoresheje,numva ndakwanze.ariko umusi wemeye gushira ubuzima bwawe mukaga kubera njye,nemeye ko unkunda.nubwo bitajyishobotse kuko ntaho tuzonjyera guhurira,basi uzivuze icyogikomeze natumye ujyira kdi cyitakoroheye.bye njye nawe, ntaho tuzongera guhurira kuko ngiye ikigal kwa aunt.""" . naftar...

    Read More

Media

Recent Posts

INKOVU

INKOVU 4

INKOVU 3