INKOVU 3

inbound685075436789754222-a66bd6ef

Dube:um!!!nukuberiki se umpetse?

Naftar:nuko warumeze nabi kdi ntagusiga
munzira.”””
.
Dube:uwomunsi numvise nkunze Naftar mbona ko ari
umwana mwiza,ujyiraneza ntacyo ashingiyeho.ubundi narinziko ari umwana ukora ikintu cyose kujyirango abone amafaranga.
kuva ubwo nahise musezeranyako
ntazonjyera kumubwira nabi.

“””Naftar ajyejeje dube kwirembo iwabo.

Dube:Naftar shira hasi sinshaka ko bamenya ko
narwanye.

Naftar amushira hasi,ajyiye kwitahira dube amufata ukuboko,ati:

Dube:Naftar umbabarire.
ntajyihembo fite
naguha,arko ntabwo nzonjyera ku kubwira nabi
kuva uyumusi.

Naftar:urakoze.

Naftar amazekumushimira ahita yijyendera.”””

Nyuma yicyogihe twahuriraga kwishuri nkumva
ndashaka ko navugana na nawe, ariko ntave
kuntebeye ngo aze amvujyishe.

njye narahagurutse musanga kuntebe ye,mbona arikanze

“””bari mu ishuri,dube arahaguruka asanga Naftar
aho yicaye

Dube:Naftar ko utajya umvujyisha?ntiwambabariye cyajyihe nkusaba imbabazi?

Naftar ahita ahaguruka arasohoka,dube
aramukurikira.

Dube:Naftar,ese ntabwo njye nawe turi ishuti?
ntiwambabariye?

Naftar:narakubabariye.

Dube:noneho turi ishuti sibyo?

Naftar:oya.

Dube:kuberiki?

Naftar:ntabwo mbishaka.

Dube areba Naftar nagahinda,atangira kurira
amukubita ibipfusi ati:

Dube:narinatekereje ko uri umwana mwiza none
urimubi.kucyi cyajyihe wampetse se?kuberiki?nta
nubwo wambabariye……..

Dube yicara hasi ararira.

Naftar:dube haguruka.dore urikwanduza uniforme yawe.

Dube:mvaho rero.hariyo umesa se?hari isabune
ungurira.ndakwiyamye ndanakwanga.

Naftar agahinda karamwica,ajyiye kurira ahita
yiruka arajyenda.”””

Dube:uwomusi nanone naramubabaje,gu
sa nanjye
numvaga mbabaye.

kumunsi wakurikiyeho.

“””Naftar ari inyuma ya Dube bajya kwishuri,Dube
amubonye aramurindira.Naftar ahita yihuta
aramusiga.
.
bari mwishuri,Dube abana bose bemeraga,arahaguruka apfukama imbere mwishuri namwarimu
arimo, avugana agahinda ati:

Dube:ndabinginze,mwarimu nimusabire imbabazi
Naftar.ntabwo ashaka kumbabarira njyewe.

mwarimu yejyera Naftar ati:kuki utababarira
mujyenzi wawe?

Nafter:naramubabariye arko.

Dube:nibawarambabariye kuki udashaka kumvugisha?

Naftar areba hasi.

mwarimu yejyera Naftar amufata akaboko amujya imbere ati:ngaho niba
waramubabariye muhagurutse aho yapfukamye.

Naftar aramuhagurutsa.

Kumugoroba amasomo arangiye,abandi bose barataha,Dube asigara aryamye kuntebe.

mwarimu asigaza Naftar nkumuyobozi
wishuri(chef de class),amubaza uko bimeze nabanyeshuri.
Naftar agarutse avuye muri sale yabarimu,ajyiye gukinga ishuri abona umuntu uryamye mu ishuri yitejyereje
abona ni Dube.

Naftar:Dube…Dube wabaye iki?ko udataha?

Dube:ndumva narwaye.

Naftar:kuki se waryamye mwishuri?? ngaho haguruka
Dutahe.

Dube:ndumva ntabishobora.

Naftar ariyumvira,ati:ngaho jyamumugongo.

Dube ajya mumugongo barajyenda.bajyeze munzira bataha ariko benda kujyera murugo,

Dube:ese Naftar,uranyanga?

Naftar:oya.

Dube:none se kuki utamvugisha,cyangwa nanone ntabwo wambabariye?

Naftar:narakubabariye.

Dube:noneho turi ishuti?

Naftar:y…ego.

Dube arishima,araseka mbese utamenyako
ariwawundi warurwaye.barakomeza barajye basa
nabacecetse,

Dube:Naftar uzi impamvu narwaye?(mwijwi
ryumuntu urembye).

Naftar:oya.

Dube:wamusi umpeka
bankubise,byarashimishije cyane.numvaga
nkumbuye ko wonjyera ukambeka.

Naftar:noneho ntabwo urwaye?

Dube ahita afata Naftar aramukomeza nkumwana
udashaka ko nyina amushira hasi.

Dube:Naftar ntushire hasi.ndarwaye.basi ndarwaye gacye.

Naftar araseka,ahita amufata aramusimbiza,amuheka neza
barakomeza.”””

Dube:uwomusi twajyeze murugo numva
ntabishaka,kuko twajyiye anganiriza noneho,duseka,
mbese noneho mbona yishimye.

kuva ubwo ntiyansigagaga kw’ishuri,haba
mukujyenda no kugaruka.burijyitondo,namushyiraga irindazi kujyirango arye mbese tuba ishuti
pfa pfye.

“munzira,Naftar na Dube bava kwishuri,dube ahita yicara hasi.

Naftar:kowicaye se kandi haguruka dutahe?

Dube:ndananiwe.

Naftar:ukumbuye ko nkuheka?

Dube:oya.icare turuhuke.

Naftar nawe aricara.

Dube:Naftar uri ishuti yanjye cyane,iyotutari kumwe,niyo ndyamye ndagutekereza nkumva
ndikwibaza uko umeze.niba udafite inzara cyangwa
nkumva nagukumbuye….ese wowe ujya
untekereza?

Naftar:yego.

Dube:nonese ninkuko nkutekereza?

Naftar:simbizi.

Dube:none se ubawumva bimezegute?

Naftar:mbanumva nkukumbuye cyane.

Dube:nanjye nuko, ndagukumbura cyane,nkumva
ndashaka kukubona,nkumva nintakubona ndapfa
ariko nyine nkihangana sipfe.(dube yishimye cyane)

Naftar:kuki udapfa?

Dube:nibyo ushaka?

dube arakaye,ahita ahuguruka arivumbura.Naftar
amwirukaho aramufata

Naftar:dube…dube mbabarira.

Dube:ndekura Naftar, ntanumugayo njye
ndagukunda,ariko wowe nturanambwira ko
unkunda hame rimwe!?ninjye uhora nkubaza niba turi inshuti ariko wagirango wowe ntanubwo ushaka ko tuba inshuti.

Naftar:dube…ndagukunda,kandi turi inshuti.

Dube ahita ahagarara yishimye aramuhobera”””

Dube:aunt,narimaze iminsi numva ntazi
ukomerewe,fite agahinda,numva ntatuje murinjye
nkumva natuza aruko ndikumwe na
Naftar.uwomusi narishimye,ibyishimo byonjyera
kungarukamo,aunt sinzi ukuntu nabikubwira pe.
Naftar iyo yabaga ataje murugo nko
muri weekend ntamahoro nabaga fite.nyuma
niwe waje gutuma menyana nabana bishuti
zanjye mugace kiwacu nabo tuba inshuti gutyo kubera Naftar.

Ubwo ejobundi mumezi atanu ashize,nibwo papa yambwiye ko Naftar atankunda,ndetse icyo yifuza ari imitungo
Yacu,ambwira ko ariko abana babakene bamera numva Naftar ndamurakariye cyane.kuva
ubwo nonjyera kumubwira amagambo mabi
mucyurira ko iwabo ari abatindi bikamubabaza,ar
iko ibyobyose nkabikora kujyirango andeke kdi
nanjye mwibajyirwe.natumye abana bari inshuti nawe bose bamwanga,ntanumwe wari ucyimuvugisga ngo kuberako ari umukene,kandi byose ari ukubera njyewe wabibabwiye,kuko mbere baravuganaga ntakibazo.

Ejobundi rero nibwo Naftar yambujije ndikubwira
abandi ngo twice ibibwana bw’imbwa yarimaze imisi
iturira amatungo, Naftar ambwirako nituyisaza
birababi….bla bla blakwakundi byajyenze.

Dube:nyuma yo kunkiza nonjyeye
kumutekerezaho numva nonjyeye kubura
amahoro,mbabazwa cyane nibintu byose namukoreye,kandi noneho ubu ntanubwo tukiri kumwe ngo twiyunge,nabandi bana bose baramwanze kubera njyewe,ariko mba numva nanamukumbuye cyane aunt.
Ubwo rero ninayompamvu papa yahise afata
umwanzuro wokunyohereza hano.

aunt ikibazo fite nuko numva mukumbuye cyane,ndumva nkumbuye byabihe twabaga turimwe kandi naramuhemukiye cyane gutyo
nkanamubwira amagambo mabi.
….

Naftar nawe,uko dube yabwiraga inkuru yose
aunt,ninako Naftar ari kuyibwira nyina.

Naftar:ikibazo fite ni………………….IRAKOMEZA4
.
M

Subscribe
Notify of
1 Comment
Most Voted
Newest Oldest
Inline Feedbacks
View all comments

This is very helpful story!